Malawi ifashe iki cyemezo nyuma y'aho kuri uyu wa Gatatu, Abadepite bagize Komisiyo y'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya ...
Icyo gihe mu gusubiza, Perezida Cyril Ramaphosa yavuze ko atazi impamvu ubutaka bwa Afurika y'Epfo buba ikibazo cya Trump.
U Rwanda rwamaganiye kure ibirego bishinja Ingabo z’u Rwanda nk’uko bigaragara mu itangazo ry’inama idasanzwe yahuje abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y ...
Abasesengura politiki y’akarere, baravuga ko inzira y’ibiganiro aricyo gisubizo gishoboka ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Ni mu gihe inama ...
Aba bacanshuro bageze muri RDC nyuma yo guhabwa akazi na Perezida Félix Antoine Tshisekedi kugira ngo bafashe ingabo ...
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w'Intwari, ashimangira ko ari uwo guha icyubahiro Intwari z’Igihugu zaharaniye kwimakaza indangagaciro z’ubumwe, ukuri n’ubutabera. Umukuru ...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Sheikh Shakhboot Bin Nahyan Al Nahyan, byibanze ku mubano ...
Impunzi z’Abanye-Congo zari zicumbikiwe mu Nkambi y’Agateganyo ya Rugerero zikomeje gusubira iwabo nyuma y'iminsi ibiri M23 ifashe Umujyi wa Goma itsinze Ingabo za DRC (FARDC) n’abo bafatanyije barimo ...
Nyuma yo kubohora Umujyi wa Goma, abarwanyi ba M23 bambuye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, FARDC n’abarwanyi b’Umutwe w’Iterabwoba, FDLR, intwaro n'indege za gisirikare ...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko bibabaje kubona abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, batumiwe mu nama yiga ku kibazo cy’intambara iri mu ...
Perezida Kagame yagaragaje ukwinyuramo kwa mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, nyuma yo guhindura imvugo ku byo baganiriye byerekeye abasirikare b’iki gihugu bari muri SADC baguye mu ...