News
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
Umuryango w'Abibumbye washimye u Rwanda uburyo rwakiriye rukanafasha abakozi bawo bakoreraga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, baje barugana bahunga imirwano ...
Abanye-Congo bari barahunze intambara imaze iminsi ihuza M23 n'Ingabo za DRC, FARDC, Umutwe w'Iterabwoba wa FDLR na Wazalendo, batangiye gusubira mu gihugu cyabo. Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Mu Karere ka Huye hari abagabo bahohoterwa n’abagore babo bakabihisha kubera impamvu zitandukanye zirimo no kwirinda gusekwa n’abaturanyi. Abagabo baganiriye na RBA bagaragaje ko iryo hohoterwa ...
Inzobere mu by’ubwubatsi n’abakenera izo serivisi kuri uyu wa Kabiri bamurikiwe system ivuguruye, isabirwamo impushya zo kubaka igamije kwihutisha imitangire ya serivisi. Ni system igamije gushyira mu ...
Mu gihe hagati muri uku kwezi kwa 11 hateganijwe inama ngarukamwaka yiga ku mihindagurikire y'ibihe izabera i Baku muri Azerbaijan, bamwe mu bashoye imari mu bikorwa bifite aho bihuriye no ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Abakinnyi babiri b’Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’Abangavu batarengeje imyaka 18, Nibishaka Brigitte na Cyuzuzo Rebecca, berekeje mu Ikipe y’Abato ya Tango Bourges Basket ikina mu Cyiciro cya Mbere ...
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results